SIGN UP FOR NEWS

Ese ni gute twakwita ku burezi bw’umwana w’umukobwa?

N’ubwo uburezi bw’abana b’abakobwa hamwe na hamwe muri Afurika buri gutera imbere turibaza icyakorwa ngo dukomeza kubona abana b’abakobwa bagana ishuri.

Noella Coursaris Musunka ni umunyamideli akaba yarashinze Malaika, ikigo cy’amashuri gitanga uburezi ku bana b’abakobwa barenga 400 iwabo muri Congo.

Donatha Gihana ni umuconsultant mu binjyane n’uburinganire, afite ubumenyi mu miryango idaharanira inyungu, yanabaye umuyobozi wa Girl Effect Rwanda na Fawe.

Djeneba Gory ni umunyamali w’inzobere mu burezi; yarangije mu ishuri ry’ubuyobozi rya Havard anatangiza Suadela, umuryango ugamije kubaka ubumenyi bw’imishyikirano bw’abakobwa.

Djénéba Gory, Donatha Gihana, Noëlla Coursaris Musunka